Nyuma y’imyaka umunani amaguru atabasha guhagarara ubu ari kwigenza.

Nyuma y’imyaka umunani amaguru atabasha guhagarara ubu ari kwigenza.

Feb 26, 2023 - 11:31
 0  38

Bunani Augustin, umubyeyi wabana babiri babakobwa yaje aturutse mu karere ka gasabo mu murenge wa jabana, yaduhaye ubuhamya bwuko yakize, uburwayi yaramaranye imyaka umunani. 

Mu kiganiro na Augustin yabwiye ikinyamakuru cya zeraphath, twamubajije ahoy aba yaramenyeye iri torero nigihe amaze arizi, nuko yarifataga mbere atarahagera. Yakomeje akomoza ukuntu atajyaga yemera ko ibintu byo gusengera abantu bibaho yagize ati”narinziko ari imitwe yabantu baba babipanze” none ubu Imana inyeretse ko ibintu byose bishoboka.

Yakomeje avuga ati naje nje kubanyomoza kuko nange narindrwaye nka bumwe mu burwayi basengeraga kuma television nkabona abantu barakize nange niko kuza uwo munsi nje kureba koko niba arimitwe, ariko mpageze ibintu bimbayeho nanubu sindabyemera ko byabaye.

Mu kiganiro twagiraye yatubwiye ko ntaho atageragereje ntaho atageze yivuza kuva mu mwaka wa 2015 amavi ye yarabyimbye atabasha kuba yayahina cyangwa ngo ahaguruke ngo yigenze, ajya kwivuza bamubwiraga ko arwaye goute bakamutera inshinge mwivi bakavomamo amazi, nabwo ntibikire. Nyuma aza no kujya mu bapfumu arabazenguruka  nabwo ntiyabpon igisubizo, yatubwiye ko icyo bamukoreye bamumazeho amafaranga, yajyagayo bakamuteka imitwe nta mupfumu atagezeho abo yahuye nabo bose yagize ati bose nabatekamutwe, nuwo nabona agiye kujya mu bapfumu namufata nkamutangira kuko

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow